Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Aba ‘Influencers’ B’Abanyarwanda Baba Hanze Babaye Indashyikirwa Bagiye Guhembwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Aba ‘Influencers’ B’Abanyarwanda Baba Hanze Babaye Indashyikirwa Bagiye Guhembwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 November 2021 2:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gushimira ibyamamare by’Abanyarwanda biba muri Diaspora bikoresha imbugankoranyambaga mu buryo bufasha abandi kwidagadura no guhuguka, hagiye gutangizwa igihembo kiswe ‘Rwanda Diaspora Social Media Influence Awards.’

Mu Rwanda by’umwihariko n’ahandi ku isi, hari abantu bamaze kubaka izina kubera ibyo bacisha ku mbunga nkoranyambaga.

Muri byo harimo imyidagaduro, ibiganiro bihugura abantu mu myitwarire iboneye, amakuru yamamaza ibintu runaka, gucengeza amatwara yaba agamije gusenya n’andi agamije kubaka…mbese imbuga nkoranyambaga ni urubuga buri wese ashobora gukoresha mu byiza cyangwa mu bibi.

Abatangije iki gihembo kiswe Rwanda Diaspora Social Media Influence Award bavuga ko bafite intego yo gushimira Abanyarwanda batuye mu mahanga bakoresheje imbuga nkoranyambaga bagahugura abantu bagatuma banidagadura.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abantu 11 nibo bazahatana kuri iyi nshuro.

Batoranyijwe hagendewe k’uburyo bakoze ibiganiro.

Biriya biganiro byakozwe hagati y’umwaka wa 2020 n’umwaka wa 2021.

Abazahembwa ni abo bizagaragara ko bahize abandi mu gukora neza ibyo twavuze haruguru.

Kubatora bizakorwa mu buryo bw’ikoranabuhanga, bikaba bigomba gutangira kuri iyi tariki ya 25, Ugushyingo, 2021 kuzageza tariki tariki 20, Ukuboza, 2021.

- Advertisement -

Ushobora gutora uwo ari wese ubona ko yahize abandi kwitwara neza mu ngeri twavuze haruguru.

Abashaka gutora baca kuri: www.rdiawards.com.

Abatsinze muri buri cyiciro bazamenyekana ku itariki ya 21 Ukuboza 2021.

Iri rushanwa ryateguwe n’Ikigo RDI Awards.

Kirashimira  abantu bose batoranyijwe ku nshuro ya mbere kandi kirizeza ko kizakomeza kuzirikana uruhare rw’Abanyarwanda batuye mu mahanga badahwema gukoresha imbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kugumana ubumwe bwari busanzwe bubahuza n’abo baturutse.

TAGGED:AbanyarwandaDiasporafeaturedRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yitabiriye Inama Ku Ihohoterwa Rikorerwa Abagore n’Abakobwa
Next Article Stade Umuganda Yemewe Kongera Gukinirwamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?