Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2024 6:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe intwari, impeta n’imidali by’ishimwe kivuga kigiye gutangiza ubukangurambaga bwo kwibutsa Abanyarwanda ibiranga ubutwari.

Hazibandwa ku rubyiruko kugira ngo rumenye ibyaranze ubutwari bwa ba Sekuruza babo.

Iyi gahunda iri mu rwego rwo gutegurira Abanyarwanda kuzizihiza ku nshuro ya 30 umunsi wahariwe kuzirikana ubutwari bw’Abanyarwanda

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ikigo gishinzwe intwari z’igihugu, impeta n’imidali by’ishimwe Deon Nkusi avuga ko ubu bukangurambaga buzahoraho kugira ngo Abanyarwanda bamenye ubutwari n’ubwo batazabiherwa ishimwe ku rwego rw’igihugu.

Ati: “Hateganyijwe ibiganiro bizafasha abanyeshuri biga abanza, ayisumbuye, na za Kaminuza kugira ngo bamenye ko ubutwari ari ikintu cyaranze Abanyarwanda mu mibereho yabo ya buri munsi.”

Zimwe mu ndangagaciro ziranga Abanyarwanda harimo gukunda umurimo, kwitanga, gukora umurimo unoze n’ibindi bizigishwa muri icyo gihe cy’ukwezi.

Itangazo rivuga kuri iyi gahunda

Ifoto: Deon Nkusi

TAGGED:featuredImpetaIntwariNkusiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Basanze Umwana Mu Ndobo Yapfuye
Next Article Gen Dagalo Urwanya Ubutegetsi Bwa Sudani Yasuye u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?