Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bagiye Kwibutswa Ibiranga Ubutwari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2024 6:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe intwari, impeta n’imidali by’ishimwe kivuga kigiye gutangiza ubukangurambaga bwo kwibutsa Abanyarwanda ibiranga ubutwari.

Hazibandwa ku rubyiruko kugira ngo rumenye ibyaranze ubutwari bwa ba Sekuruza babo.

Iyi gahunda iri mu rwego rwo gutegurira Abanyarwanda kuzizihiza ku nshuro ya 30 umunsi wahariwe kuzirikana ubutwari bw’Abanyarwanda

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ikigo gishinzwe intwari z’igihugu, impeta n’imidali by’ishimwe Deon Nkusi avuga ko ubu bukangurambaga buzahoraho kugira ngo Abanyarwanda bamenye ubutwari n’ubwo batazabiherwa ishimwe ku rwego rw’igihugu.

Ati: “Hateganyijwe ibiganiro bizafasha abanyeshuri biga abanza, ayisumbuye, na za Kaminuza kugira ngo bamenye ko ubutwari ari ikintu cyaranze Abanyarwanda mu mibereho yabo ya buri munsi.”

Zimwe mu ndangagaciro ziranga Abanyarwanda harimo gukunda umurimo, kwitanga, gukora umurimo unoze n’ibindi bizigishwa muri icyo gihe cy’ukwezi.

Itangazo rivuga kuri iyi gahunda

Ifoto: Deon Nkusi

TAGGED:featuredImpetaIntwariNkusiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Basanze Umwana Mu Ndobo Yapfuye
Next Article Gen Dagalo Urwanya Ubutegetsi Bwa Sudani Yasuye u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Rwanda: Abana Bafite Ubumuga Baracyahishwa Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

You Might Also Like

Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rusizi: Hafatiwe Uvugwaho Gusiga Yishe Sewabo Wagaba i Rulindo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abavoka Basaba Ruswa Batokoza Ubutabera- Mukantaganzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibishanga Bya Kigali Biri Gutunganywa Bizatahwa Muri Kamena 2026-REMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?