Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2025 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio aragera muri Israel mu ruzinduko rukurikira urwa Visi Perezida JD Vance, urw’intumwa ya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati Steve Witkoff n’urw’umukwe wa Trump witwa Jared Kruner.

The Jerusalem Post yatangaje ko bari muri Israel ngo baganire nayo ibikwiye gukorwa muri iki gihe Hamas isa niyateye umugongo ibigize igice cya kabiri cy’amasezerano y’amahoro yateguwe na Trump.

Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yahuye n’abo bayobozi mu minsi ishize ndetse bahura n’abandi bayobora inzego z’umutekano n’ubutasi muri iki gihugu.

Visi Perezida wa Amerika JD Vance yabwiye ubuyobozi bwa Israel ko Trump agikomeye ku ishyirwa mu bikorwa ry’umugambi we w’amahoro muri Gaza.

Kare kare mu gitondo cyo ku Cyumweru Trump yanditse kuri Truth Social ko niba Hamas ikomeje kwinangira ntikore ibyo isabwa, izarasanwa imbaraga.

Al Jazeera yanditse ko Hamas nayo ishinja Israel kudakurikiza mu buryo bwuzuye ibikubiye mu kiciro cya kabiri cy’amasezerano y’amahoro yateguwe na Trump.

Icy’ingenzi Hamas ishinja Israel kudakurikiza ni ugufungura umupaka wa Rafah uhuza Palestine na Misiri kugira ngo inkunga y’ibiribwa n’imiti ikomeze kugera muri Gaza.

TAGGED:AmasezeranoAmerikafeaturedHamasIntambaraIsraelTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri
Next Article Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?