Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 November 2025 2:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi ba BBC barimo umuyobozi mukuru witwa Tim Davie n’umuyobozi w’ibiganiro witwa Deborah Turness baraye basezeye kuri BBC nyuma y’uko ikiganiro kitwa Panorama kivuzweho guhimbira Donald Trump binyuze mu guhindura imbwirwaruhame ye.

Ikinyamakuru The Telegraph giherutse gutangaza ko BBC mu mwaka wa 2021 yafashe ibika bibiri by’imbwirwaruhame za Donald Trump irabihuza mu rwego rwo kubona aho ihera ivuga ko uyu muyobozi yahamagariye abantu kwigaragambiriza mu Biro bita Capitol Hill hari muri Mutarama, 2021.

Inyandiko ya The Telegraph ivuga ko ikibabaje ari uko BBC itigeze igira icyo ikora ngo ikosore ibyo yakoze cyangwa se wenda yisegure.

Icyakora kugeza ubu Umuyobozi mukuru wa BBC avuga ko rwose agomba kwemera kwikorera uwo mugogoro akegura.

Davie: “Hari amakosa yakozwe kandi nk’umuyobozi mukuru ngomba kwemera ibyabaye nkegura.”

Icyakora ubwo umuyobozi w’ibiganiro muri BBC witwa Turness yabaye nk’ukuraho igihu ku byabaye avuga ko ‘ BBC’ itajya igira aho ibogamira mu gukora inkuru kwayo.

Ifoto: Deborah Turness

TAGGED:BBCfeaturedIkiganiroKweguraTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda
Next Article Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasora Neza Babishimiwe

Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gifitiye ‘Umugambi’ Mozambique

Kabarebe Yahererekanyije Ububasha Na Kaitesi

Gakenke: Yafatanywe Ibilo 17 By’Urumogi Na Litiro 14 Za Kanyanga

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

You Might Also Like

Ubukungu

Umuryango Africa’s Business Heroes Urateganya Kwigisha Guhanga Imishinga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Burundi Ziri Muri DRC Zirenga 20,000- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Perezida Kagame Ararahiza Abaherutse Guhabwa Inshingano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Abasura Kibeho Babura Aho Bavunjisha Amadolari

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?