Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Arteta Utoza Arsenal ‘Ashobora’ Kwirukanwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Arteta Utoza Arsenal ‘Ashobora’ Kwirukanwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2021 2:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari amakuru atangwa n’ibinyamakuru byo mu Butaliyani avuga ko uwari umutoza wayo Mikel Arteta ashobora kwirukanwa, agasimburwa na Antonio Conte.

Ni nyuma y’uko ku wa Gatanu ushize ikipe yitwa Brentford yatsindaga Arsenal 2-0 bikababaza abafana hirya no hino ku isi harimo na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda.

Perezida Kagame ntiyishimiye uko ikipe afana yitwaye mu mukino uheruka

Ikinyamakuru Football365 kivuga ko ubuyobozi bwa Arsenal buri gushaka uko bwakwirukana umutoza Arteta, bukazana Antonio Conte na Lautaro Martinez.

Gahunda ya Arsenal ni ukumvisha Conte ko yayizamo hanyuma yarangiza kubyemera nawe akabyumvisha Martinez.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Antonio Conte niwe uvugwaho kuzasimbura Arteta

Mu mukino Arsenal iherutse gutsindwa, yatsinzwe ibitego bibiri ku busa,  bya Sergi Canos ku munota wa 22 na Christian Norgaard kuwa 73.

Conte narangiza kuza muri Arsenal ngo azareshya Lautaro Martinez nawe aze. Uyu asanzwe ari umukinnyi ukomoka muri Argentine

Hari mu mukino wa mbere ikipe  ya Brentford yari itsinze nyuma y’imyaka 75 itabigeraho.

TAGGED:ArsenalArtetafeaturedKagameUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikibuga Cy’Indege Cya Kigali Ni Icya Mbere Gicyeye Muri EAC- Raporo
Next Article Museveni Yasabye Inzego z’Umutekano Guhagarika Iyicarubozo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?