Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Arteta Utoza Arsenal ‘Ashobora’ Kwirukanwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Arteta Utoza Arsenal ‘Ashobora’ Kwirukanwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 August 2021 2:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari amakuru atangwa n’ibinyamakuru byo mu Butaliyani avuga ko uwari umutoza wayo Mikel Arteta ashobora kwirukanwa, agasimburwa na Antonio Conte.

Ni nyuma y’uko ku wa Gatanu ushize ikipe yitwa Brentford yatsindaga Arsenal 2-0 bikababaza abafana hirya no hino ku isi harimo na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda.

Perezida Kagame ntiyishimiye uko ikipe afana yitwaye mu mukino uheruka

Ikinyamakuru Football365 kivuga ko ubuyobozi bwa Arsenal buri gushaka uko bwakwirukana umutoza Arteta, bukazana Antonio Conte na Lautaro Martinez.

Gahunda ya Arsenal ni ukumvisha Conte ko yayizamo hanyuma yarangiza kubyemera nawe akabyumvisha Martinez.

Antonio Conte niwe uvugwaho kuzasimbura Arteta

Mu mukino Arsenal iherutse gutsindwa, yatsinzwe ibitego bibiri ku busa,  bya Sergi Canos ku munota wa 22 na Christian Norgaard kuwa 73.

Conte narangiza kuza muri Arsenal ngo azareshya Lautaro Martinez nawe aze. Uyu asanzwe ari umukinnyi ukomoka muri Argentine

Hari mu mukino wa mbere ikipe  ya Brentford yari itsinze nyuma y’imyaka 75 itabigeraho.

TAGGED:ArsenalArtetafeaturedKagameUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikibuga Cy’Indege Cya Kigali Ni Icya Mbere Gicyeye Muri EAC- Raporo
Next Article Museveni Yasabye Inzego z’Umutekano Guhagarika Iyicarubozo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?