Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Barafinda Yasubijwe i Ndera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Barafinda Yasubijwe i Ndera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2021 5:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko Barafinda Sekikubo Fred uvuga ko ari umunyapolitiki yasubijwe mu Bitaro by’indwara zo mu mutwe bya Ndera, nyuma yo kongera kugaragaza ibimenyetso by’uburwayi.

Umuvugizi wa RIB Dr Murangira Thierry yatangaje ko ‘yatangiye imukurikiranyeho ibyaha, abaganga baza kugaragaza ko abiterwa n’uburwayi. Ni ku nyungu ze ko yagumya kwitabwaho n’abaganga igihe cyose agaragaje ko yongeye kugira ikibazo.’

Barafinda wamenyekanye mu mvugo zitangaje, yamenyekanye ubwo yajyaga kuri Komsiyo y’igihugu y’amatora gutanga kandidadatire mu matora ya Perezida yo mu 2017, ariko ntiyemerwa. Yavugaga ko afite ishyaka ariko ridafite ahantu ryanditse.

Yakomeje gutambutsa ibitekerezo ku mbuga nkoranyambaga nka YouTube, yumvikana kenshi anenga Leta ku bikorwa nko gukuraho ibikorwa biri mu bishanga no mu manegeka, agakoresha n’andi magambo akomeye kuri gahunda zinyuranye.

Muri Gashyantare nibwo byaje kugaragara ko ibikorwa bya Barafinda biterwa n’uburwayi bwo mu mutwe, aza kujyanwa mu bitaro bya Ndera muri Gashyatare 2020, asezererwa muri Nyakanga uwo mwaka.

TAGGED:BarafindafeaturedRIBUbugenzacyaha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Canada Yahaye u Rwanda Izindi Nkingo 433,300 Za Covid-19
Next Article I Goma Hiriwe Umutuzo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?