Burera: Icyambu Cy’Urumogi Na Kanyanga

Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage yafashe ibilo 14 by’urumogi byafatiwe mu Karere ka Burera. Aha kandi hanafatiwe litiro 22 za kanyanga. Si i Burera gusa, urumogi rwafatiwe kuko no muri Nyarugenge mu Murenge wa Muhima ahitwa Kabasengerezi hafatiwe udupfunyika twarwo 197. Abantu babiri nibo kugeza ubu bakurikiranyweho ibyaha byo kwinjiza no gukwirakiza … Continue reading Burera: Icyambu Cy’Urumogi Na Kanyanga