Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CANAL+ RWANDA Yagabanyije Ibiciro Muri Poromosiyo Isoza Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

CANAL+ RWANDA Yagabanyije Ibiciro Muri Poromosiyo Isoza Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 November 2022 6:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurushaho kuryoherwa na serivisi zayo, sosiyete icuruza amashusho ya CANAL+ Rwanda  yagabanyije ibiciro ku bikoresho byayo muri Poromosiyo yo gusoza umwaka yiswe ‘Noheli Ishyushye.’

Iyi  poromosiyo yatangiye kuri uyu wa kane tariki ya 10 Ugushyingo 2022, aho ku bakiliya ba CANAL+ basanzwe ndetse n’abifuza gutunga ibikoresho bya CANAL+bwa mbere  bose boroherejwe.

Umunyarwanda wifuza gutunga dekoderi ya CANAL+ ubu arayigura Frw 5,000 gusa maze agakorerwe na ‘installation’ ku bindi Frw  5,000 gusa.

Bivuze ko ikiguzi cy’ibi byombi ari Frw 10,000.

Abasanzwe batunze Dekoderi za CANAL+ bo kugeza tariki 31 Ukuboza, 2022 bagenewe poromosiyo aho umukiliya uguze abonema( abonnément) iyo ariyo yose, ahita ahabwa iminsi 15 areba shene zose za CANAL+ ‘ako kanya.’

Abakunda Filimi nyarwanda ndetse n’izindi bashobora kuzireba kuri ZACU TV

CANAL+ yaboneyeho no kwibutsa Abanyarwanda ko imikino y’igikombe cy’Isi izaboneka kuri dekoderi ya CANAL+ aho bazakurikirana imikino ikomeye kuri RTV, shene ya 380 imaze  kugaragara mu mashusho akeye ya H.D ku Frw 5000 gusa!

TAGGED:Canal +IgikombeImikinoPoromosiyoRTV
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mushiki Wa Kabila Nawe Yinjiye Mu Byo Gushinja u Rwanda
Next Article Gakenke: Basanze Uruhinja Mu Ishyamba Baruhataye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Ntarashirwa…

Itegeko Ku Makosa Yo Mu Muhanda Riraremereye Cyane-Umunyamategeko

Burera: Abagabo 12 Barakekwaho Gushimuta Inka Mu Minsi Mikuru  

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Rwanda:Abagore Bakina Shampiyona Y’Umupira W’Amaguru Banenga Imisifurire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibya Rayon Sports Bikomeje Kuyoberana Nyuma Yo Gutsindwa Na Bugesera FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?