Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cristian Rodriguez Yegukanye Tour Du Rwanda 2021 (Amafoto)
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Cristian Rodriguez Yegukanye Tour Du Rwanda 2021 (Amafoto)

admin
Last updated: 10 May 2021 9:09 am
admin
Share
SHARE

Rodriguez Martin Cristian ukinira Total Direct Energie yegukanye Tour du Rwanda 2021, yari irimo kuba ku nshuro ya 13. Ni irushanwa rimaze icyumweru rizenguruka ibice bitandukanye by’u Rwanda.

Uyu musore ukomoka muri Espagne yageze ku munsi wa nyuma ari we wambaye umwenda w’umuhondo, abasha kuwugumana ubwo yegukanaga agace ka munani k’irushanwa. Abakinnyi bahagurukiye ku i Rebero kuri Canal Olympia ari naho basoreje, basiganwa intera ya kilometero 75.3.

Rodriguez yegukanye iri rushanwa muri rusange akoresheje 22h49’51’’, mu ntera ya kilometero 913.3 abakinnyi banyonzemo igare mu cyumweru cyose.

Yarushije Piccoli James ukinira Israel Start Up Nation amasegonda 17. Ku mwanya wa gatatu haje Umunyamerika Hoehn Alex ukinira Wildlife Generation wakoresheje 22h50’42’’.

Ni mu gihe Umufaransa Boileau Alan ukinira B&B Hotels wanegukanye uduce dutatu muri iri rushanwa, ku rutonde rusange yaje ku mwanya wa kane, aho yakoresheje 22h50’42’’.

Umunyarwanda waje hafi ni Manizabayo Eric waje ku mwanya wa 18, akiniria Benediction Ignite. Yakoresheje 23h05’43’’, bivuze ko Cristian wabaye uwa mbere amurusha 15’52’’.

Irushanwa ry’uyu mwaka ryabanje kwimurwa kuko ryagombaga kuba muri Gashyantare 2021, ariko riza kwimurirwa muri Gicurasi.

Risojwe nta munyarwanda ubashije kwegukana agace nibura kamwe, ku munsi w’irushanwa.

Agace abakinnyi basiganweho kuri iki Cyumweru
TAGGED:AmagareCristian RodriguezfeaturedTour du Rwanda 2021
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 12 Bafashwe Bakekwaho Ibyaha Birimo Gushyiraho Umutwe W’Abagizi Ba Nabi
Next Article Kagame Yifurije Abagore Umunsi Mwiza W’Ababyeyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?