Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dr. Sabin Nsanzimana Yongerewe Inshingano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Dr. Sabin Nsanzimana Yongerewe Inshingano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 November 2022 6:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yahaye Dr. Sabin Nsanzimana inshingano zo ku rwego rwa Minisitiri nyuma yo kumuvana  k’ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare akamugira Minisitiri w’ubuzima.

Yagiye kuri izi nshingano asimbuye Dr. Daniel Ngamije wari umaze imyaka mike asimbuye Dr. Diane Gashumba usigaye uhagarariye u Rwanda muri Suède no mu bihugu bituranye nayo nka Norvège na Denmark.

Muri Gashyantare, 2022 nibwo itangazo ryaturutse muri Minisiteri y’Intebe ryatangaje ko Dr. Sabin Nsanzimana yavanywe k’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC,  ahabwa inshingano zo kuyobora Ibitaro bya Kaminuza bya Butare.

Icyo gihe Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yifurije Dr.Sabin Nsanzimana imirimo myiza.

Bimwe mu byo Dr. Nsanzimana yibukirwaho kugeza ubu ni umuhati yashyize mu rugamba u Rwanda rwahanganye na COVID-19 guhera muri Gashyantare, 2020 kugeza ubwo yahabwaga izindi nshingano.

Dr. Sabin Nsanzimana  ni umuganga wazobereye mu buvuzi bw’indwara zandura, ibyo bita Virology.

Mu nshingano nshya yahawe, azaba yungirijwe na Dr. Yvan Butera wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima.

Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w'Intebe | Communiqué from the Office of the Prime Minister pic.twitter.com/HnV1oC855v

— Office of the PM | Rwanda (@PrimatureRwanda) November 28, 2022

TAGGED:featuredMinisiteriNsabimanaSabinUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yavuze Uko Ikibazo Cy’Umutekano Mucye Muri DRC Cyakemuka
Next Article Rwanda: Hari Ibinyabiziga Bimaze Imyaka 40 Mu Muhanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?