Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Eddy Kenzo Yaje Gukorana Indirimo Na Bruce Melodie
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Eddy Kenzo Yaje Gukorana Indirimo Na Bruce Melodie

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 February 2022 1:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Bruce Melodie wari umaze igihe gito avuye muri Tanzania gukorana indirimbo n’umwe mu bahanzi baho ukomeye witwa Harmonize yaraye yakiriye undi muhanzi uri mu bakomeye muri Afurika y’i Burengerazuba witwa Eddy Kenzo.

Nawe aje gukorana nawe indirimbo.

Kenzo yaraye ageze mu Rwanda kuri uyu wa Kane mu masaha y’umugoroba yakirwa ku kibuga cy’indege.

Bruce Melodie niwe ubwe waje kumwakira ari kumwe n’abamurinda.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko indirimbo ya Bruce Melodie na Eddy Kenzo izakorerwa muri Country Record igakorwa n’umusore witwa Element.

View this post on Instagram

A post shared by Bruce Melodie Igitangaza (@brucemelodie)

Ikindi ni uko ibikorwa bya Bruce Melodie muri iki gihe bigenwa kandi bigacungirwa hafi n’umuntu witwa Lee.

Uyu niwe bivugwa ko ari kumushakira abahanzi bakorana nawe mu Karere u Rwanda  ruherereyemo mu rwego rwo gukomeza kwagura ubwamamare bwa Melodie.

Mu minsi ishize hari amakuru yavugaga ko Melodie yatengushwe na Koffi Olomide wari wamwemereye ko bakorana indirimbo ariko aza kugenda undi atabizi.

Producer ELEMENNT

Producer Element Wadukanye ‘Eleeeh’ Muri Buri Ndirimbo Akoze Ni Muntu Ki?

TAGGED:BrucefeaturedKenzoKoffiMelodieUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mafoto: Umurwa Mukuru Wa Ukraine Usa N’Uwabaye Itongo
Next Article Ubuyobozi Bw’Umujyi Wa Kigali ‘Bwisubiyeho’ Ku Cyemezo Bwari Bwafashe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?