Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Eddy Kenzo Yaje Gukorana Indirimo Na Bruce Melodie
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Eddy Kenzo Yaje Gukorana Indirimo Na Bruce Melodie

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 February 2022 1:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Bruce Melodie wari umaze igihe gito avuye muri Tanzania gukorana indirimbo n’umwe mu bahanzi baho ukomeye witwa Harmonize yaraye yakiriye undi muhanzi uri mu bakomeye muri Afurika y’i Burengerazuba witwa Eddy Kenzo.

Nawe aje gukorana nawe indirimbo.

Kenzo yaraye ageze mu Rwanda kuri uyu wa Kane mu masaha y’umugoroba yakirwa ku kibuga cy’indege.

Bruce Melodie niwe ubwe waje kumwakira ari kumwe n’abamurinda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amakuru Taarifa ifite avuga ko indirimbo ya Bruce Melodie na Eddy Kenzo izakorerwa muri Country Record igakorwa n’umusore witwa Element.

View this post on Instagram

A post shared by Bruce Melodie Igitangaza (@brucemelodie)

Ikindi ni uko ibikorwa bya Bruce Melodie muri iki gihe bigenwa kandi bigacungirwa hafi n’umuntu witwa Lee.

Uyu niwe bivugwa ko ari kumushakira abahanzi bakorana nawe mu Karere u Rwanda  ruherereyemo mu rwego rwo gukomeza kwagura ubwamamare bwa Melodie.

Mu minsi ishize hari amakuru yavugaga ko Melodie yatengushwe na Koffi Olomide wari wamwemereye ko bakorana indirimbo ariko aza kugenda undi atabizi.

- Advertisement -
Producer ELEMENNT

Producer Element Wadukanye ‘Eleeeh’ Muri Buri Ndirimbo Akoze Ni Muntu Ki?

TAGGED:BrucefeaturedKenzoKoffiMelodieUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mafoto: Umurwa Mukuru Wa Ukraine Usa N’Uwabaye Itongo
Next Article Ubuyobozi Bw’Umujyi Wa Kigali ‘Bwisubiyeho’ Ku Cyemezo Bwari Bwafashe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?