Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Eddy Kenzo Yaje Gukorana Indirimo Na Bruce Melodie
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Eddy Kenzo Yaje Gukorana Indirimo Na Bruce Melodie

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 February 2022 1:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Bruce Melodie wari umaze igihe gito avuye muri Tanzania gukorana indirimbo n’umwe mu bahanzi baho ukomeye witwa Harmonize yaraye yakiriye undi muhanzi uri mu bakomeye muri Afurika y’i Burengerazuba witwa Eddy Kenzo.

Nawe aje gukorana nawe indirimbo.

Kenzo yaraye ageze mu Rwanda kuri uyu wa Kane mu masaha y’umugoroba yakirwa ku kibuga cy’indege.

Bruce Melodie niwe ubwe waje kumwakira ari kumwe n’abamurinda.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko indirimbo ya Bruce Melodie na Eddy Kenzo izakorerwa muri Country Record igakorwa n’umusore witwa Element.

View this post on Instagram

A post shared by Bruce Melodie Igitangaza (@brucemelodie)

Ikindi ni uko ibikorwa bya Bruce Melodie muri iki gihe bigenwa kandi bigacungirwa hafi n’umuntu witwa Lee.

Uyu niwe bivugwa ko ari kumushakira abahanzi bakorana nawe mu Karere u Rwanda  ruherereyemo mu rwego rwo gukomeza kwagura ubwamamare bwa Melodie.

Mu minsi ishize hari amakuru yavugaga ko Melodie yatengushwe na Koffi Olomide wari wamwemereye ko bakorana indirimbo ariko aza kugenda undi atabizi.

Producer ELEMENNT

Producer Element Wadukanye ‘Eleeeh’ Muri Buri Ndirimbo Akoze Ni Muntu Ki?

TAGGED:BrucefeaturedKenzoKoffiMelodieUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mafoto: Umurwa Mukuru Wa Ukraine Usa N’Uwabaye Itongo
Next Article Ubuyobozi Bw’Umujyi Wa Kigali ‘Bwisubiyeho’ Ku Cyemezo Bwari Bwafashe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?