Ese Koko 80% By’Abanyarwanda Bihagije Mu Biribwa?

Ibarurishamibare ryerekana ko Abanyarwanda bagera kuri miliyoni 13 zirenga, kandi benshi muri bo ni urubyiruko. Benshi batuye mu Ntara y’Uburasirazuba kuko yonyiye ituwe na 20%. Dr Télésphore Ndabamenye uyobora RAB avuga ko 80% by’abo Banyarwanda bihagije mu biribwa. Hari abatemeranya nawe, bakavuga ko no kubona ibyo umuntu ateka inshuro eshatu ku munsi nabyo ari ingorabahizi … Continue reading Ese Koko 80% By’Abanyarwanda Bihagije Mu Biribwa?