Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 October 2025 3:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Gaza ni agace gato kari mu Burengerazuba bwa Israel
SHARE

Intumwa ya Donald Trump mu Burasirazuba bwo Hagati Steve Witkoff yatangarije CBS 60 Minutes ko igihugu cye kiri gukorana n’incuti zacyo mu gukusanya Miliyari $50 zo gusana Gaza.

Kuyisana bizakorwa mu kiciro cya kabiri cya gahunda ya Trump cyo kugarura amahoro muri Gaza, igice cy’isi cyasenywe bikomeye n’intambara imaze iminsi ibica hagati ya Hamas na Israel.

Witkoff avuga ko gukusanya ayo mafaranga bigomba kwihutishwa, akemeza ko hari Guverinoma zo mu Barabu zemeye kuzabigiramo uruhare rutaziguye, ariko ntiyazihingutsa.

Ati: “ Hari Guverinoma zo mu Burasirazuba bwo Hagati ziyemeje kubigiramo uruhare kandi hari n’inshuti zacu zo mu Burayi zizabigiramo uruhare.”

Intumwa ya Donald Trump mu Burasirazuba bwo Hagati Steve Witkoff.

Steve avuga ko muri iki gihe ari gukora uko ashoboye ngo habeho gutangiza icyo kiciro, akemeza ko kubona ayo mafaranga bizihuta ahubwo kuyagenera uko azakoreshwa bikazaba irindi hurizo rikwiye kwitonderwa.

Muri iki gihe hari itsinda bise Peace Council rishinzwe gukora uwo mugambi ‘master plan’, rikaba rigizwe n’abahanga babizobereyemo mu gihe cy’imyaka 20 ishize.

Uyu mudipolomate w’Umunyamerika avuga ko ibizakorwa byose kugira ngo Gaza itekane, bizagirwamo uruhare n’ibihugu byo mu Karere.

Kimwe mu bihugu bikomeye bivugwa muri iyi dosiye ni Turikiya.

The Jerusalem Post yanditse ko hari imodoka ziri ho ibendera rya Turikiya zagaragaye muri Gaza, Israel ikavuga ko byerekana ko Perezida Erdogan yatangiye kwereka isi akaboko ke muri aka gace.

Ibi biravugwa hashize igihe gito Israel yongeye kurasa ahitwa Rafah muri Gaza nyuma y’uko Hamas irashe ku basirikare bayo nk’uko itangazamakuru ryo muri iki gihugu ribivuga.

TAGGED:featuredGazaGusanaIntambaraIsraelTurikiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Na Uganda Biyemeje Kongera Imbaraga Mu Bucuruzi
Next Article Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?