Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu Byazamutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu Byazamutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 November 2025 3:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 8, Ugushyingo, 2025, igiciro gishya bya lisansi na mazutu bitangira gukurikizwa ari Frw 1900, bikazakurikizwa mu gihe cy’amezi abiri ari imbere.

Hazamutseho Frw 127 kuri litiro ya lisansi, hamwe na Frw 92 kuri litiro ya Mazutu ugereranyije n’ibiciro biheruka gutangazwa mu mezi abiri ashize.

Icyo gihe hari muri Nzeri ubwo RURA yatangazaga ko itiro ya lisansi izagura Frw 1862 iya mazutu yari ikaba Frw 1808.

Hagati aho RURA ivuga ko Guverinoma y’u Rwanda icunga neza ububiko bw’ibikomoka kuri peteroli, no gushyira mu bikorwa imicungire myiza y’ubukungu muri rusange.

Bikorwa mu rwego rwo guhangana n’ihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga, kurengera abaguzi no kwirinda izamuka rikabije ry’ibiciro.

Ibiciro bishya bizakomeza gukurikizwa kugeza igihe hazatangarizwa ibindi mu gihe cy’amezi abiri ari imbere.

TAGGED:featuredLisansiMazutuRURA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB
Next Article Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasora Neza Babishimiwe

Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gifitiye ‘Umugambi’ Mozambique

Kabarebe Yahererekanyije Ububasha Na Kaitesi

Gakenke: Yafatanywe Ibilo 17 By’Urumogi Na Litiro 14 Za Kanyanga

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

You Might Also Like

Ubukungu

Umuryango Africa’s Business Heroes Urateganya Kwigisha Guhanga Imishinga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Burundi Ziri Muri DRC Zirenga 20,000- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Perezida Kagame Ararahiza Abaherutse Guhabwa Inshingano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Abasura Kibeho Babura Aho Bavunjisha Amadolari

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?