Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibiro By’Akarere Ka Rulindo ‘Byimuwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibiro By’Akarere Ka Rulindo ‘Byimuwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2024 10:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo butangaza ko Ibiro byako bigiye kwimuka bikava mu Murenge wa Bushoki bikajyanwa mu Murenge wa Ngoma.

Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith yabwiye RBA ko impamvu zo kwimura ibyo Biro zishingiye ku miterere y’aho gasanzwe kubatswe.

Ngo kari kari mu manegeka, ahantu hatari rwagati mu Karere k’uburyo abaturage bose bashobora kukageraho bitabagoye.

Meya Mukanyirigira Judith

Akarere ka Rulindo ni kamwe mu Turere dutanu tugize Intara y’Amajyaruguru y’u Rwanda.

Gahana imbibi n’Uturere twa Nyarugenge na Gasabo two mu Mujyi wa Kigali; Akarere ka  Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Gakenke n’Akarere ka Burera two mu Ntara y’Amajyaruguru.

Kari ku buso bwa Km2 567, kakagira Imirenge 17, Utugari 71 n’Imidugudu 494; gatuwe n’Abaturage 360,144 muri bo harimo abagore 188,295 n’abagabo 171,849.

Ubucucike bw’abaturage (Population density) ni 635 kuri  Km2 imwe.

Akarere ka Rulindo gafite Imirenge 17 ariyo: Base, Burega, Bushoki, Buyoga, Cyinzuzi, Cyungo, Kinihira, Kisaro, Masoro, Mbogo, Murambi, Ngoma, Ntarabana, Rukozo, Rusiga, Shyorongi na Tumba.

Ibiro bizava muri Bushoki bijyanwe muri Ngoma.

Muri iki gihe kayoborwa na Judith Mukanyirigira watangiye kukayobora taliki 19, Ugushyingo, 2021.

TAGGED:AbaturageAkarereIbiroMeyaMukanyirigiraRulindo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri 1990 Twahisemo Gufata Ejo Hazaza Mu Biganza Byacu- Perezida Kagame
Next Article Urubanza Rwa Kazungu Rukomeje Kuba ‘Agatereranzamba’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Kuki Amasezerano Y’Amahoro Akunze Kudakurikizwa?

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?