Ibitaro by’Umwami Faysal Bigiye Kwagurwa

Mu bitaro bya Faysal hari kubera umuhango wo gushyira ibuye ahazagurirwa ibitaro bya Faysal. Ni ibitaro biri mu by’ibanze bikomeye mu Rwanda no mu Karere ruherereyemo. Bimaze imyaka 30 bishinzwe, bikaba bizwiho gutanga serivisi zigezweho mu rwego rw’ubuzima. Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko kuba ibi bitaro bigiye kwagurwa ari ikintu cyo kwishimira no … Continue reading Ibitaro by’Umwami Faysal Bigiye Kwagurwa