Icyo Abaturage Bavuga Kubyo Basabwa N’Ikigo Cy’Imiti N’Ibiribwa, Rwanda FDA

Nyuma y’uko umwe mu bakozi bakuru mu Kigo cy’igihugu gishinzwe gucunga ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti , Rwanda Food And Drugs Authority, avuze ko umuturage yagombye kujya asoma akamenya ibyanditse ku bicuruzwa runaka, abaturage babwiye Taarifa ko muri rusange ibicuruzwa biba byanditse mu ndimi batumva, ko byaba byiza bashyizeho n’amakuru yanditse mu Kinyarwanda. Bavuga ko byaba byiza … Continue reading Icyo Abaturage Bavuga Kubyo Basabwa N’Ikigo Cy’Imiti N’Ibiribwa, Rwanda FDA