Ihohoterwa Rishingiye Ku Gitsina Ryabaye Icyorezo

Inzego zikurikirana hafi ibibazo by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina zigaragaza ko gikomeje kwiyongera aho kugabanyuka, k’uburyo hari n’abemeza ko ryamaze kuba icyorezo. Kuri uyu wa Kabiri nibwo inzego zirimo Polisi y’u Rwanda, n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bagore (UN Women), zahuje imbaraga n’itangazamakuru harebwa icyakorwa mu kurushaho guhangana n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Schadrack Dusabe ushinzwe imishinga … Continue reading Ihohoterwa Rishingiye Ku Gitsina Ryabaye Icyorezo