Ikidindiza Ubuhinzi Bw’Afurika Ni Ishoramari Ricye- Dr. Agnes Kalibata

Umunyarwandakazi uyobora Ikigo nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, Dr.Agnes Kalibata avuga ko ku isi ubushake bwa Politiki bwo guteza imbere ubuhinzi buhari, ariko ishoramari ribushyirwamo ari rito. Hari mu kiganiro yahaye Forbes, cyagarutse ku mishinga Afurika ifite mu guteza imbere ubuhinzi, aho igeze ishyirwa mu bikorwa n’imbogamizi zikibigaragaramo. Kubera ko ubuhinzi bw’Afurika bubangamiwe n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere … Continue reading Ikidindiza Ubuhinzi Bw’Afurika Ni Ishoramari Ricye- Dr. Agnes Kalibata