Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2026 1:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kimwe mu birombe by'amabuye y'agaciro.
SHARE

Ikigo cy’Abongereza kitwa Rio Tinto cyatangaje ko kigiye kwihuza n’ikindi Glencore cy’Abasuwisi bagakora ikigo kinini kurusha ibindi ku isi gicukura amabuye y’agaciro. Rio Tinto izagura Glencore Miliyari $260.

Itangazo Rio Tinto yasohoye kuri uyu wa Gatandatu rivuga ko ibiganiro byo kugura Glencore byigeze kubaho ariko biza guhagarara, ariko ubu bigiye gusubukurwa.

Hari aho rigira riti: “Rio Tinto iri mu biganiro bifatika na Glencore bigamije ko izagura ibyayo byose, bikavangwa.”

Mu mpera za 2024 ibyo biganiro byari ho ariko Rio Tinto ibanza kubigendamo gake kuko yarebaga igasanga itabona neza ejo hazaza ha Glencore, bityo rero iba iretse.

Umuyobozi wa Rio Tinto witwa Simon Trott avuga ko gahunda ihari ari ukuzashyira imbaraga mu gucukura no gutunganya ubutare bita Iron Ore, Aluminium, Lithium na copper.

Simon Trott

Kuba mu Cyumweru gishize ikilo cy’ibuye ry’agaciro bita copper cyarageze ku $13,000 byatumye ibigo byombi bibona ko ari ngombwa gusubukura ibiganiro ku ngingo byari bimeze iminsi bizinzitse.

TAGGED:AmabuyefeaturedIkigoRio TintoUbusuwisiUbwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela
Next Article Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?