Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000....
Ikigo gikora ibyuma by’ikoranabuhanga na serivisi zabyo kitwa Apple kiraburira abantu batunze telefoni za iPhones, mudasobwa za Macs n’ibindi byuma bita iPads ko ikoranabuhanga bakoreshaga ryagize...
Imwe mu ngingo zikomeye ziherutse kuganirwaho hagati ya Perezida w’Amerika n’igikomangoma cya Arabie Saoudite Mohamed Bin Salman ni imikoranire mu gutangiza igisekuru cya gatandatu cya Murandasi,...
Ni rumwe mu ndimi z’Abanyafurika nke ziri kuri Google Translate, iyi ikaba ari imashini ya Google ifite z’amahanga ikazihindura mu ndimi zikomeye ku isi ni ukuvuga...
Guhera kuri uyu wa Gatatu taliki 11, kugeza taliki 13, Gicurasi, 2022 mu Rwanda hazabera inama ibaye bwa mbere muri Afurika ihuriyemo abantu 850 baturutse mu...