Itangazo ryaturutse muri MTN Rwanda rivuga ko Telefoni zitwa Blackberry zizaba zatagikora guhera tariki 04, Mutarama, 2022. Abasanzwe bakoresha telefoni zo muri ubu bwoko zikoresha ikoranabuhanga...
Banki y’Isi yemeje inkunga ya miliyoni $100 (miliyari zisaga 100 Frw) zizafasha Guverinoma y’u Rwanda kwagura uburyo abantu bakoresha ikoranabuhanga muri serivisi za Leta no kongera...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije ubufatanye n’Ikigo cy’Abanyamerika gitanga serivisi z’ikoranabuhanga kitwa Google. Ni ikigo gikomeye kuko ari cyo gicunga ibigo byinshi by’ikoranabuhanga n’ubushakashatsi bukoresha murandasi ku...
Jack Dorsey washinze ikigo gifite urubuga nkoranyambaga ruri mu zikomeye ku isi rwitwa Twitter yeguye. Yavuze ko yeguye ku mpamvu ze bwite kandi ngo yizeye ko...
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT), MTN Rwanda n’abafatanyabikorwa basubukuye igikorwa cyo gushyikiriza abatishoboye telefoni zigezweho, gahunda yitezweho kugabanya icyuho mu ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu Rwanda. Ni gahunda...