Umuyobozi mukuru wa Facebook Mark Zuckerberg yatangaje ko ikigo cye cyakoze amataratara afite cameras ebyiri, utwuma dukurura amajwi…akagira n’ubushobozi bwo guhuza ayo majwi n’amashusho na telefoni...
Kubera ko abantu muri rusange basanzwe bamenyereye gukora amagambo y’ibanga( passwords) mu buryo bwo kuvanga imibare n’inyuguti, ubu abajura bakoresha ikonabuhanga bamaze kubivumbura, iyo ikaba ari...
Ikigo NSO cyo muri Israel cyahagaritse ikoreshwa ry’uburyo bw’ikoranabuhanga bwa Pegasus nyuma ya raporo y’uko bwakoreshejwe mu kuneka abantu barimo abami n’Abakuru b’ibihugu. Israel yanzuye ko...
Mu Bushinwa hari urundi ruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni zigendanwa n’ibindi bitandukanye. Ni uruganda abantu bavuga ko ruje guhangana na Huawei isanzwe ari iya mbere...
Imibare itangazwa na na Polisi mpuzamahanga, Interpol, ivuga ko mu mwaka wa 2020 abakora ubujura bukoresha murandasi( Hackers) batse za Leta n’ibigo byigenga miliyoni 350$ kugira...