Hari abantu bambara imyambaro ihenze cyane iyo bagiye mu kazi bibwira ko ari bwo bari bugaragare neza, ariko hari ubushakashatsi...
Perezida Paul Kagame kuri iki Cyumweru yitabiriye siporo rusange y’umunsi umenyerewe nka Car Free Day, aho imihanda imwe n’imwe iba yahariwe abanyamaguru cyangwa abakoresha amagare gusa....
Umujyi wa Kigali wafashe icyemezo cyo gufunga imihanda itatu yo mu Biryogo mu Karere ka Nyarugenge, ihindurwa ahantu resitora zizajya zakirira abantu bahanye intera. Ni icyemezo...
Siporo rusange imaze kumenyerwa nka Car Free Day yongeye kuba mu Mujyi wa Kigali nyuma y’amezi asaga atatu ihagaritswe, ikorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19. Iyi...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko Abanyarwanda bazakingirwa mu byiciro bitewe n’uburyo inkingo zizajya ziboneka. Hari mu kiganiro yahaye Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Minisitiri w’Ubuzima,...