Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangije imikino itatu yihariye itari isanzwe ikinwa mu Rwanda mu gihe cya Car Free Day. Iyo mikino ni Mini golf, E-road biking, ...
Nk’uko byari byitezwe, umukino hagati ya Iran n’Amerika wari ishiraniro, aho buri ruhande rwashakaga kubabaza urundi. Ni umukino wari ukomeye kubera ko warangiye ari igitego 1cy’Ikipe...
Abakurikirana imikino mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar bavuga ko hari icyizere ko umukino uri buhuze Amerika na Iran uraba uwo gusabana hagati y’abaturage b’ibi...
Nyuma yo gutsindwa na Gasogi United, ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwahagaritse uwari umutoza mukuru w’iyi kipe witwa Alain-André Landeut. Gasogi United iherutse gutsinda Kiyovu Sports ibitego...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY...