Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imvura Ikomeye Yangije Umuhanda Kigali – Huye – Nyamagabe – Rusizi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturagePolitiki

Imvura Ikomeye Yangije Umuhanda Kigali – Huye – Nyamagabe – Rusizi

Last updated: 06 October 2021 4:42 pm
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko imvura nyinshi imaze iminsi igwa yangije umuhanda uca mu Karere ka Nyamagabe ku buryo utakiri nyabagendwa, uhungabanya ingendo zihuza ibice birimo Umujyi wa Kigali n’Akarere ka Rusizi.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Polisi yasabye abagana ibyo byerekezo kunyura mu zindi nzira.

Yagize iti “Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi imaze iminsi igwa, umuhanda Huye- Nyamagabe ahitwa ku Nkungu utaregera mu Mujyi wa Nyamagabe wangiritse bityo umuhanda Kigali-Huye-Nyamagabe-Rusizi ntabwo ari nyabagendwa.”

“Abakoreshaga uyu muhanda baragirwa inama yo gukoresha umuhanda Kigali – Karongi – Nyamasheke – Rusizi. Mwihanganire izi mbogamizi mu gihe imirimo yo gutunganya uyu muhanda irimo gukorwa.”

Mwaramutse,

Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi imaze iminsi igwa, umuhanda Huye- Nyamagabe ahitwa ku Nkungu utaregera mu Mujyi wa Nyamagabe wangiritse bityo umuhanda Kigali-Huye-Nyamagabe-Rusizi ntabwo ari nyabagendwa.

— Rwanda National Police (@Rwandapolice) October 6, 2021

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe Uwamahoro Bonaventure yabwiye Taarifa ko igice cyangiritse kiri mu muri aka karere hagati y’Imirenge ya Kamegeri na Gasaka.

Yavuze ko imodoka nto z’abantu ku giti cyabo n’iz’abagenzi zirimo gukomeza gutambuka, izitemerewe ni iziremereye nk’izitwaye imizigo kugira ngo zidateza ikibazo.

Ati “Imodoka zidapakiye ibintu biremeye zirimo zirahita, harimo gukorwa uburyo umuhanda wahabwa inzira ica iruhande rw’ahangiritse kugira ngo n’imodoka nini zibashe guhita.”

Ni umuhanda wo ku rwego rw’igihugu, ku buryo inzego zibishinzwe zatangiye gukorana kugira ngo usanwe.

TAGGED:featuredImvuraNyamagabePolisi y’u RwandaUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Igihugu Gitera Imbere Niko Polisi Isabwa Byinshi- Min Ugirashebuja
Next Article YouTube Yasibye Konti R. Kelly Yanyuzagaho Indirimbo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?