Ama G The Black ( amazina ye ni Hakizimana Amani) yavuze ko abahanzi nyarwanda bo muri iki gihe baririmba ‘ibintu bitumvikana.’ Avuga ko biterwa no ‘kudabagira.’...
Ihuriro ry’abanyabigango bo muri Kenya ryitwa The Bouncers Association of Kenya ryavuze ko rigiye gusaba Leta ya Kenya kubemerera kujya bitwaza imbunda. Bayisabye ko yazabatoza uko...
Ruti Joël yaraye atangarije abatabiriye igitaramo “Rurasugiye” cyateguwe n’itorero Ibihame by’Imana ko hari indirimbo yandikiwe na Yvan Buravan uherutse gutabaruka. Zimwe muri zo yaziririmbiye abari bitabiriye...
Izina rye ry’akazi ni Selekta Kuno, ariko asanzwe yitwa Anaclet Rukundo. Ni umusore uvanga umuziki, abazwi ku izina rya DJ (disc jockey). Avuga ko imwe mu...
Ngabo Medard, Umunyarwanda wamamaye ku zina rya Meddy yasohoye indirimbo nshya yise Grateful. Irimo ubutumwa bwo gushimira Imana ibyiza yamufashije kugeraho no kuba yita ku bayo...