Massamba yabwiye Taarifa ko nyuma yo kubona ubutumire yahawe na Lt Gen Muhoozi Kainerugaba ngo azaze kumutaramira mu birori by’umunsi mukuru yizihiza italiki yavukiye, byamushimije. Yatubwiye...
Abafana ba Rihanna banenze umugabo we witwa A$AP Rocky kuko ngo yamuciye inyuma muri ibi bihe uyu muririmbyi atwite inda y’imvutsi. Icyakora yaba Rihanna yaba na...
Buhigiro apfuye afite impamyabumenyi y’ikirenga, PhD, akaba yari umuhanzi ndetse yigeze no kuba umunyezamu wa Rayon Sports. Ubuyobozi bw’iyi kipe nibwo bwamubitse ku rubuga rwarwo. Rayon...
Cyera kabaye abagabo babiri bahoze ari inkingi zikomeye z’itsinda rya muzika ryavukiye mu cyahoze ari Zaïre( DRC y’ubu) ryitwaga Wenge Musica zigasenyuka kubera inoti, bongeye bihuje....
Icyamamare Shaddy Boo( amazina ye ni Ingabire Shadia) avuga ko iyo aganira n’abakobwa be babiri, ababwira ko burya icy’ingenzi mu buzima ari ukwicisha bugufi, ko kwikomeza...