Hari imvugo y’uko ‘uko inkende yurira hejuru ariko nako yerekana ubwambure bwayo’. Ucishirije wumva ko abayivuze bavugaga ko uko umuntu azamuka mu ntera, akamenyekana, akagira amafaranga...
Niwitegereza ukabaza n’abandi bamaze igihe mu muziki wo mu Rwanda rwa nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi uzasanga nta mukobwa w’umu producer w’umuziki uri mu Rwanda cyangwa...
Umuhanzi Clarisse Karasira umaze igihe gito mu muziki yatangaje kuri instagram ko yambitswe impeta ibanziriza iy’ubukwe n’umusore atifuje ko abantu bamenya. Kuri Instagram yanditse ati: “Umutware...
Icyegeranyo Taarifa yakoze kigaragaza ko mu bahanzi b’Abanyarwanda bakize kurusha abandi harimo bake bageze kandi barangiza Kaminuza. Abaminuje ntibakijijwe n’amasomo ahubwo bakijijwe no kuririmba, wenda inyuguti...
Umuziki mu Rwanda ugitangira byari bigoye ko hari uwatekereza ko uzatunga umuhanzi. Byatumye hari abahanzi bahitamo guha umwanya wabo amashuri, kuko nta kizere cy’uko umuziki wazabatunga...