Umunyamerikakazi wamamaye mu ndirimbo zo mu bwoko bwa rock’n roll witwa Tina Turner yaraye atabarutse nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe. Yapfuye afite imyaka 83 y’amavuko. Uyu...
Abahanzi Vestine & Dorcas bari hafi gufata indege bagana muri Canada kubaririmbira. Aba bavandimwe bazerekeza mu kirere cyo mu Majyaruguru y’Amerika nyuma y’igihe gito bamuritse umuzingo...
Isomwa ry’urubanza ryabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15, Gicurasi 2023 ribera mu cyumba cy’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ryanzuye ko Turahirwa Moses...
Umuhire Eliane ni umwe mu Banyarwandakazi bamaze kumenyekana muri Filimi nyarwanda. Mu minsi mike azahurira muri filimi n’ibyamamare by’i Hollywood muri Amerika birimo Lupita Amondi Nyong’o,...
Arnold Mazimpaka uzwi ku izina rya Sintex afunganywe n’abandi bantu batatu barimo umukinnyi wa Gorilla FC witwa Mukunzi Vivens bazira gukoresha ibiyobyabwenge. Undi ufunzwe ni umuhanzi...