Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inama y’Igihugu y’Umushyikirano 2020 ntikibaye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano 2020 ntikibaye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2020 7:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni icyemezo cyafashwe na Guverinoma y’u Rwanda kubera ko ubwandu bwa COVID-19 buri kwiyongera cyane muri ibi bihe.Yari iteganyijwe kuzaba ku wa Gtatu taliki 16, Ukuboza, 2020.

Guverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo gusubika Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari iteganyijwe ku wa Gatatu tariki 16 Ukuboza 2020, kubera ubwandu bwa #COVID19 bukomeje kwiyongera.

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano y’Umwaka ushize yabaye hagati ya Taliki 19 na 20 Ukuboza, 2020 ikaba yari ibaye iya 17.

Mu mushyikirano w’Umwaka wa 2019 Leta yari yihaye ingamba z’uko mu cyerekezo 2050 Abanyarwanda bazaba ari abaturage babayeho neza, bafite ubukungu buteye imbere.

Icyo gihe uwari Minisitiri mu Biro bya Minisitiri w’Intebe Madamu Marie Solange Kayisire yavuze ko Abanyarwanda muri rusange bazi akamaro k’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, kandi ko ari uburyo baba bahawe wo ‘gutanga ibyifuzo byabo kandi bigashyirwa mu bikorwa.’

Mu ijambo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatanze ubwo yafunguraga uriya Mushyikirano yagarutse ku bibazo byari mu gihugu muri kiriya gihe, anenga abayobozi batanga uburenganzira bwo gutura mu bishanga, kuhabimura bikagorana bikanasaba Leta ingufu zirimo n’amikoro.

Icyo gihe Perezida Kagame yasabye abayobozi kujya basobanurira abaturage akamaro kari mu bibakorerwa.

Umukuru w’Igihugu avuga ko n’ubwo ikintu cyaba ari ingirakamaro ariko iyo umuntu atagisobanuriwe ashobora kutagiha agaciro gifite bityo kimuhombera.

Umushyikirano wo muri 2020 wasubitswe kubera ko mu Rwanda hari ubwiyongere buri ku rwego rwo hejuru rw’imibare y’abandura n’abahitanwa na COVID-19.

TAGGED:COVID-19featuredKagameKayisireUmushyikirano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tuributsa Abanyarwanda ko COVID-19 itagira Noheli cyangwa Ubunani-CP Kabera
Next Article Umwanzuro w’Urukiko k’ubusabe bw’Ubwunganizi bwa Nkubiri urasomwa none
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?