Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Israel Zasanze Igitabo Cya Hitler Mu Biro Bya Hamas 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Ingabo Za Israel Zasanze Igitabo Cya Hitler Mu Biro Bya Hamas 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2025 12:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare ba Israel batangaje ko ubwo bageraga mu Biro by’ikigo gishingiye kuri Hamas kiri ahitwa Hebron bahasanze Mein Kampf, igitabo cyanditswe na Adolf Hitler wateguye akanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abayahudi.

Iki kigo gishamikiye kuri Hamas kitwa The Islamic Charity Association nicyo bivugwa ko ingabo za Israel zasanzemo iki gitabo benshi ku isi bemeza ko cyabaye kirimbuzi mu kumara Abayahudi.

Mu myaka yabayemo intambara ya kabiri y’isi nibwo Abanazi ba Hitler bishe Abayahudi bagera kuri Miliyoni esheshatu bari batuye henshi mu Burayi.

The Jerusalem Post yanditse ko ubwo abasirikare bakoraga ibikorwa byabo muri Hebron ari bwo binjiye muri ibyo Biro bahasanga icyo gitabo.

Israel ivuga ko uriya muryango usanzwe ukora uko ushoboye ngo Hamas ibone abarwanyi n’amafaranga yo gukoresha.

Ingabo zayo zivuga ko ziherutse gusanga amafaranga yo muri Israel bita Shekeli angana na 165,700(NIS) ni ukuvuga angana na Miliyoni Frw 72 zirenga muri imwe mu ndake za Hamas, zikemeza ko akusanywa n’abo muri kiriya kigo.

TAGGED:featuredigitaboIngaboIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abaturage Bagiye Kwegerezwa Ibigo Byigisha Ikoranabuhanga
Next Article Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?