Ingabo Za Uganda Zujuje Umuhanda Zivuga Ko Ugiye Kuzifasha Guhashya ADF

Umugaba w’ingabo za Uganda ziri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Major General Kayanja Muhanga yaraye afunguye ku mugaragaro umuhanda wubatswe muri Ituri n’ibigo bikora imihanda byo muri Uganda hagamijwe gufasha Uganda guhashya abarwanyi ba ADF nk’uko Kayanja abivuga. Kuri uyu wa Kabiri nibwo imodoka z’intambara za Uganda zambutse agace kitwa Mpandeshatu y’urupfu kari … Continue reading Ingabo Za Uganda Zujuje Umuhanda Zivuga Ko Ugiye Kuzifasha Guhashya ADF