Mu gihe abaturage ba Uganda muri rusange bataribagirwa amasasu yishe abaturage bamaganaga itorwa rya Perezida Museveni riheruka, ubu i Kampala hari undi mugambi uri gutunganywa w’uko...
Reka duhere kuri Kaminuza avuga ko yizeho ubwayo. Ibya Kaminuza yitwa Atlantic International University umugabo uherutse gufungwa na RIB imukurikiranyeho impapuro mpimbano zirimo impamyabumenyi ihanitse(PhD) witwa...
Hari amakuru atangazwa n’ibinyamakuru byo muri Aziya avuga ko muri Israel hadutse indwara yitwa Florona iyi ikaba ifite ibimenyetso nk’ibya COVID-19 ariko ikiyongeraho ibicurane bikomeye bita...
Ubuvugizi bw’ingabo za Uganda buherutse gutangaza ko ubwo zageraga mu birindiro bikuru by’abarwanyi ba ADF biri ahitwa Kambi Ya Yua, zasanze bariya barwanyi barazinze utwabo bahasiga...
Mu buryo bitaga ko ari ibanga, abakozi bo mu rwego rw’iperereza rya gisirikare rya Uganda bateguye umubonano w’Umuyobozi wabo Major General Abel Kandiho na Kayumba Nyamwasa...