Inyeshyamba Bikekwa Ko Ari M23 Zagabye Ibitero Muri Rutshuru

Abaturage benshi bamaze kuva mu byabo bahunga imirwano yatangijwe n’inyeshyamba ku ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bice bya Chanzu na Runyoni muri Rutshuru. Bikekwa ko abagabye ibyo bitero ari umutwe wa M23. Ibinyamakuru byo muri RDC byatangaje ko abahunga benshi berekeza mu bice bya Bunagana hafi y’umupaka w’u Rwanda na Uganda. Abahoze … Continue reading Inyeshyamba Bikekwa Ko Ari M23 Zagabye Ibitero Muri Rutshuru