Guhera mu mwaka wa 2018 kuzamura, hari abakiliya b’uruganda rutunganya kandi rukagurisha amazi rwitwa JIBU(Ni ijambo ry’Igiswayile rivuga Igisubizo) bacyemangaga ubuziranenge bw’aya mazi. Bavugaga atujuje ubuziranenge....
Canal + Rwanda yongeye guha abakiliya bayo poromosiyo yo kureba imikino ya za Shampiyona zigeze aharyoshye. Si izo mu Burafaransa, u Bwongereza, Espagne gusa ahubwo n’imikino...
Muri Gashyantare, 2012 nibwo ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga, Airtel, cyatangiye gukorera mu Rwanda. Nyuma yo kugeza byinshi ku Banyarwanda, ubu yazanye indi gahunda yoroshya itumanaho...
Ikigo mpuzamahanga gicuruza amashusho n’izindi serivisi kitwa Canal + Ishami ry’u Rwanda cyatangije uburyo bw’ikoranabuhanga(App) bwo kureberaho amashusho hakoreshejwe ibyuma bisanzwe mu ikorabuhanga. Ibyo ni telefoni...
Sophia Tchatchoua uyobora Canal + Rwanda yaraye avugiye ku rwibutso rwa Ntarama mu Karere ka Bugesera ko kuzirikana amateka bifasha mu kwirinda ibibi byayakorewe. Hari mu...