Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yihanganishije Abaturage Ba Kenya Kubera Urupfu Rwa Odinga 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yihanganishije Abaturage Ba Kenya Kubera Urupfu Rwa Odinga 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2025 3:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Kenya kubera urupfu rwa Raila Odinga wabitswe kuri uyu wa Gatatu azize umutima.

Kuri X/Twitter, Perezida Kagame yanditsw ati: ” Mu izina ry’Abanyarwanda n’iryanjye bwite, nihanganishije abaturage ba Kenya n’umuryango wa nyakwigendera Raila Odinga kubera urupfu rwe.”

Kagame yavuze ko Raila Odinga azahora yibukirwa k’ukwiyemeza kwe ko guharanira Demukarasi, ubutabera n’ubumwe bw’abaturage ba Kenya.

Perezida Kagame yavuze ko umurage wa Raila asize kuri Afurika uzibukwa na benshi mu gihe kirekire kiri imbere, avuga ko u Rwanda ruzakomeza kubana na Kenya muri ibi bihe bigoye.

Odinga yaguye mu Buhinde azize guhagarara k’umutima.

Umurambo we wageze muri Kenya kuri uyu wa Kane ngo ushyingurwe, wakirwa n’abaturage benshi.

Kenya yashyizeho icyunamo cy’iminsi irindwi amabendera akamanurwa akagezwa rwagati.

TAGGED:featuredKagameKenyaOdingaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kabila Yashinze Ishyaka
Next Article Perezida Wa Misiri Yambitse Umupolisi W’u Rwanda Umudali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

You Might Also Like

Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?