KANYANGA: Ikiyobyabwenge Cyagira INGARUKA Ku Miyoborere

Ubwo yatangazaga uko uturere tw’u Rwanda twesheje imihigo ya 2022-2023, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko Akarere ka Burera ari ko kabaye aka nyuma ndetse n’Intara gaherereyemo y’Amajyaruguru iba iya nyuma. Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu gukomoza kuri ibi, yavuze ko kimwe mu byo akeka ko cyatumye Akarere ka Burera n’Intara y’Amajyaruguru muri … Continue reading KANYANGA: Ikiyobyabwenge Cyagira INGARUKA Ku Miyoborere