Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kiyovu Yabonye Umufatanyabikorwa Uzayiha $ 50,000
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Kiyovu Yabonye Umufatanyabikorwa Uzayiha $ 50,000

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 October 2024 3:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari umufatanyabikorwa wa Kiyovu Sports witwa Gorillas Coffee ugiye kuyiha $50,000 azayifasha gukomeza kwiyubaka.

Kiyovu Sports imaranye igihe ibibazo birimo n’ibyo yafatiwe na FIFA birimo kutagura abakinnyi nyuma y’uko hari abayireze ko yabirukanye bidakurikije amategeko.

Byarayishegeshe bigeza n’aho imanuka mu manota kuko ubu ifite amanota atatu yonyine yakuye kuri AS Kigali mu minsi yatambutse.

Gusa abanyamuryango ba yo bafatanyije na Komite Nyobozi y’ikipe yagiranye amasezerano y’ubufatanye na Gorillas Coffee, akaba amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa.

Ayo masezerano afite agaciro k’ibihumbi 50$ (angana na miliyoni Frw 67 ).

Ku ikubitiro, igice cya mbere cy’ayo mafaranga cyahise gitangwa, hatangwa $ 20,000 ni ukuvuga arenga miliyoni Frw 20.

Hagati aho hari n’abakinnyi iri kuganiriza kugira ngo bazongere bayibere abakinnyi.

Barimo Riyad Nordien ukomoka muri Afurika y’Epfo, Mugenzi Cédric, Mosengo Tansele, Niyonkuru Ramadhan n’umunyezamu Ishimwe Patrick.

Gusa kugira ngo aba bakinnyi bagaruke, birasaba Kiyovu Sports kubatangaho angana na miliyoni Frw 15 F kuko bamwe muri bo yari ibafitiye imishahara itabishyuye.

Kiyovu Sports ifite icyizere ko mu gihe kitarambiranye, abo bakinnyi bazaba bagarutse muri iyi kipe y’abanya Kigali bo hambere.

Abanyakigali bo muri iki gihe bo biyumva muri AS Kigali kurushaho.

TAGGED:AbafatanyabikorwaAbakinnyiAmafarangaFIFAKiyovuUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igisasu Cyarashwe Mu Rugo Rwa Netanyahu
Next Article Kagame Yibukije Ba Minisitiri Bashya Akamaro Ka Minisiteri Bashinzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

You Might Also Like

Imikino

Umutoza W’Amavubi Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

APR FC Yongeye Gutesha Rayon Igikombe Na Miliyoni Nyinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?