Kubumba si iby’abasigajwe inyuma n’amateka gusa natwe biradutunze: Kamaziga

Delphine Kamaziga ni rwiyemezamirimo ukorera mu Mujyi wa Kigali, Kakiru hafi y’ikicaro gikuru cya Polisi. Avuga ko gucuruza ibintu bikozwe mu ibumba bimutunze ndetse n’abo akoresha. Yemeza ko kubumba atari umwihariko w’abasigajwe inyuma n’amateka kuko bitunze benshi. Avuga ko ubucuruzi bw’ibikoresho bikozwe mu ibumba abumazemo imyaka ine. Ikigo cye cy’ubucuruzi yakise Uruziga Ceramics. Kamaziga avuga … Continue reading Kubumba si iby’abasigajwe inyuma n’amateka gusa natwe biradutunze: Kamaziga