Macron, Le Pen…Uko Amajwi Y’Abashaka Kuyobora u Bufaransa Ahagaze

Amajwi amaze kubarurwa mu biyamamariza kuyobora u Bufaransa kugeza ubu, arerekana ko Emmanuel Macron ari imbere, agakurikirwa na Marine Le Pen. Macron afite 27,6% n’aho Le Pen akagira 23, 41%. Aya majwi Taarifa icyesha Le Parisien yasohowe na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu mu Bufaransa. Yabaruwe muri Komini 12,000. Amatora y’ibanze yabaye kuri uyu wa 10, Mata, … Continue reading Macron, Le Pen…Uko Amajwi Y’Abashaka Kuyobora u Bufaransa Ahagaze