Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2025 5:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Madagascar zatangaje ko guhera ubu ari zo zigenzura iki gihugu kiri mu kirwa kiri mu nyanja y’Abahinde.

Nicyo kitwa kinini kurusha ibindi ku isi.

Ingabo ziyobowe na Colonel Michel Randrianirina zatangaje ko zafashe ubutegetsi kugira ngo zishyire ibintu ku murongo nyuma y’uko butawe na Andri Rajoelina wahungiye mu Bufaransa ariko mu gace kataratangazwa.

Randrianirina yagize ati: “Twafashe ubutegetsi.”

Yahise asesa Sena n’Itegeko Nshinga ariko ntiyakora ku Nteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite.

Aba bagize uruhare mu gutangaza ko Rajoelina atakiri Perezida wa Madagascar nyuma y’uko uyu nawe yari yatangaje ko asheshe Inteko.

Andrie Rajoelina w’imyaka 51 y’amavuko yahunze igihugu nyuma yo kotswa igitutu n’urubyiruko rwatangiye imyigaragambyo mu mpera za Nzeri, 2025 rusaba guhabwa amashanyarazi n’amazi bihagije mu baturage.

Amakuru yatangajwe kuri uyu wa Mbere Tariki 13 Ukwakira na Radio France Internationale na Reuters yavugaga ko indege y’ingabo z’Ubufaransa yaramuhunganye imujyana mu gace kataratangazwa kugeza ubu.

Iyi myigaragambyo irasa n’ibihutse kuba muri Nepal no muri Maroc.

TAGGED:AbasirikareAbaturagefeaturedMadagascarPerezidaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame
Next Article Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

You Might Also Like

Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?