Meddy Mu Ndirimbo Nshya Ashima Imana

Ngabo Medard, Umunyarwanda wamamaye ku zina rya Meddy yasohoye indirimbo nshya yise Grateful. Irimo ubutumwa bwo gushimira Imana ibyiza yamufashije kugeraho no kuba yita ku bayo bose.

Ni indirimbo iri mu njyana ya soft rock.

Ayiririmba mu buryo bwa Live kandi hafi ya yose iri mu Cyongereza.

Hari hashize iminsi bivugwa ko uyu muhanzi atabanye neza n’umugore we ariko bombi baherutse guca impaka, umugore we atangariza kuri Instagram ko ‘nta kibazo afitanye n’umugabo we.’

- Advertisement -

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version