Mu gihe isi yibaza igihe intambara y’Uburusiya na Ukraine izarangirira, hari indi iri gututumba hagati y’ibihugu bibiri byahoze bigize Leta yunze ubumwe y’Abasoviyete ari byo Azerbaijan...
Mu Burundi hari amakuru avuga ko Polisi n’ingabo z’Uburundi boherejwe ku bwinshi aho radio na television z’iki gihugu bakorera. Kugeza ubu nta makuru aratangazwa kuri uko...
Kuri uyu wa Kane taliki 14, Nzeri, 2023 nibwo umunyamakuru wa Jeune Afrique witwa Stanis Bujakera wari umaze iminsi mike afunzwe, yimuriwe muri gereza nkuru ya...
Uburakari mu baturage b’Uburundi bwazamutse nyuma y’uko Minisitiri w’Ubuzima witwa Dr. Sylvie Nzeyimana atangaje umushinga wo kubaka ibitaro bigenewe abakomeye gusa. Amakuru agera kuri Taarifa aturuka...
Umunyamabanga muri Amerika ushinzwe iby’umutekano mu kirere witwa Frank Kendall yabwiye Sena y’igihugu cye ko Ubushinwa buri gutegura intambara buzarwana n’Amerika kandi ngo ni intambara Amerika...