Mu Mibare: Uko Ubuhinzi N’Ubworozi Bihagaze Mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye abagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ko muri rusange ubuhinzi n’ubworozi bihagaze neza mu Rwanda. Ingano y’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi warazamutse n’ubwo uw’ibishyimbo wagabanutseho 1% mu myaka micye ishize. Umuyobozi wa Guverinoma y’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente avuga ko Leta izakomeza gushyira imbaraga mu kuzamura umusaruro w’ubuhinzi … Continue reading Mu Mibare: Uko Ubuhinzi N’Ubworozi Bihagaze Mu Rwanda