Mu Ngaruka Zo Kutihaza Mu Biribwa Harimo No Guhungabanya Amahoro Mu Bantu

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente yabwiye abagize Inteko zishinga amategeko zo mu bihugu bikoresha Igifaransa ko iyo abaturage badafite ibiribwa bihagije, bishobora kuba intandaro y’imidugararo n’umutekano muke mu gihugu. Abo Badepite bari mu Rwanda mu Nama ya 47 y’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, La Francophonie. Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko guharanira ko … Continue reading Mu Ngaruka Zo Kutihaza Mu Biribwa Harimo No Guhungabanya Amahoro Mu Bantu