Saa cyenda z’amanywa nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ruri butangaze umwanzuro warwo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Kazungu Denis ukekwaho ibyaha bw’ubwicanyi bugambiriwe. Ubwo yitabaga uru...
Saa kumi n’imwe n’iminota 25 z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 26, Nzeri, 2023 ahitwa Ryarubaga mu Kagari ka Nyagahinga, Umurenge wa Rusororo habereye impanuka...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha basaba abaturage muri rusange n’ab’i Muhanga by’umwihariko kujya batanga amakuru ku makimbirane yo mu ngo z’abaturanyi hakiri kare aho kuzavuga ko bari...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, ruherutse gukora isuzuma ryaguye mu mashuri atandukanye rusanga agera kuri 54 adakwiye gukomeza gukora. Ni igenzura ryakozwe mu mwaka...
Mukasine Marie Claire uyobora Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu avuga ko ibibazo byinshi bakira ari ibishingiye ku mitungo abashakanye, abavandimwe, abaturanye cyangwa inshuti bapfa. Yabivugiye mu Murenge...