Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhoozi Yatangaje Ko Aziyamamariza Gusimbura Se Ku Butegetsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muhoozi Yatangaje Ko Aziyamamariza Gusimbura Se Ku Butegetsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2023 10:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Gen. Muhoozi Kainerugaba yaraye atangarije kuri Twitter ko mu mwaka wa 2026 aziyamamariza kuyobora igihugu gisanzwe gitegekwa na Se guhera mu mwaka wa 1986.

Ku rukuta rwe rwa Twitter yandite ati: “ Mwansabye kenshi ko nabivuga neruye! Ok, ubu rero ndabivuze. Rwose mu izina rya Yezu Kristu no mu ry’abaturage ba Uganda n’isi yose… ntangaje k’umugaragaro ko mu mwaka wa 2026 nziyamamariza kuba Perezida”.

Mu buryo buteruye kandi budakurikije amabwiriza agenwa na Komisiyo y’igihugu y’amatora, Gen Muhoozi yakoze ibikorwa bamwe bafashe nko kwiyamamariza uriya mwanya.

Yabikoze yirengagije nkana ko abantu bari mu ngabo cyangwa Polisi batemerewe kujya mu bikorwa bya politiki.

Abakurikiranira hafi ibikorwa bya Muhoozi bategereje kureba niba atazahindura imvugo mu gihe kiri imbere.

Se umubyara Perezida Yoweli Museveni yagiye ku butegetsi mu mwaka wa 1986 abifashijwemo n’imbunda.

TAGGED:MuhooziMuseveniPerezidaTwitterUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dukure Politiki Mbi Muri Siporo- Kagame
Next Article Gianni Infantino Yongeye Gutorerwa Kuyobora FIFA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?