Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Muhoozi Yatangaje Ko Aziyamamariza Gusimbura Se Ku Butegetsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Muhoozi Yatangaje Ko Aziyamamariza Gusimbura Se Ku Butegetsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2023 10:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Gen. Muhoozi Kainerugaba yaraye atangarije kuri Twitter ko mu mwaka wa 2026 aziyamamariza kuyobora igihugu gisanzwe gitegekwa na Se guhera mu mwaka wa 1986.

Ku rukuta rwe rwa Twitter yandite ati: “ Mwansabye kenshi ko nabivuga neruye! Ok, ubu rero ndabivuze. Rwose mu izina rya Yezu Kristu no mu ry’abaturage ba Uganda n’isi yose… ntangaje k’umugaragaro ko mu mwaka wa 2026 nziyamamariza kuba Perezida”.

Mu buryo buteruye kandi budakurikije amabwiriza agenwa na Komisiyo y’igihugu y’amatora, Gen Muhoozi yakoze ibikorwa bamwe bafashe nko kwiyamamariza uriya mwanya.

Yabikoze yirengagije nkana ko abantu bari mu ngabo cyangwa Polisi batemerewe kujya mu bikorwa bya politiki.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abakurikiranira hafi ibikorwa bya Muhoozi bategereje kureba niba atazahindura imvugo mu gihe kiri imbere.

Se umubyara Perezida Yoweli Museveni yagiye ku butegetsi mu mwaka wa 1986 abifashijwemo n’imbunda.

TAGGED:MuhooziMuseveniPerezidaTwitterUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dukure Politiki Mbi Muri Siporo- Kagame
Next Article Gianni Infantino Yongeye Gutorerwa Kuyobora FIFA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?