Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Murakaza Neza Muri Israel- Perezida Herzog Abwira Ambasaderi W’U Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Murakaza Neza Muri Israel- Perezida Herzog Abwira Ambasaderi W’U Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2021 10:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Israel Isaac Herzog yakiriye Ambasaderi w’u Rwanda muri Israel Bwana James Gatera. Herzog yamubwiye ko u Rwanda ari inshuti magara ya Israel muri Afurika.

Yongeyeho ko kuba Israel nayo ifite Ambasade i Kigali ari ikintu cyiza cyerekana ko umubano w’ibihugu byombi ari mwiza kandi uzaramba.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Dr Ron Adam yigeze kubwira Taarifa ko igihugu cye gifitiye u Rwanda umugambi mwiza wo kurufasha mu iterambere ryarwo kandi mu nzego nyinshi.

Murakaza neza to Israel, @RwandaIsrael Amb. @JamesGatera! Rwanda is one of Israel's greatest friends in Africa. With a new Israeli embassy in Kigali, excited to deepen our ties in agriculture, development, security and more.🇮🇱🤝🇷🇼 pic.twitter.com/2X8vISzz1v

— יצחק הרצוג Isaac Herzog (@Isaac_Herzog) December 6, 2021

Adam yatubwiye ko hari gahunda y’uko Israel izafasha Abanyarwanda kujya ku kwezi gukorera yo ubushakashatsi.

Mu butumwa Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda yagejeje ku Banyarwanda ubwo bizihizaga Umunsi wo kwibohora, Dr Ron Adam yavuze ko abaturage ba Israel  bazahora bakorana n’ab’u Rwanda  mu rugendo rwo kwibohora kugamije iterambere rirambye.

Ryavugaga ko imyaka 27 ishize u Rwanda rubohowe rwerekanye ko rukataje mu iterambere.

Hari Abanyarwanda benshi bari muri Kaminuza zitandukanye za Israel.

Bagiye kurahura yo ubwenge mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi, ubworozi, ikoranabuhanga ryifashisha mudasobwa, iby’umutekano,n’ibindi.

Hagati aho hari abaturage ba Israel bari mu Rwanda mu bikorwa bitandukanye birimo ubucuruzi, ibikorwa by’ubuhinzi n’ibindi.

Israel imaze koroza inka za kijyambere abaturage bo mu turere dutandukanye turimo Gusagara, Nyamasheke na Rulindo.

Ibikora binyuze mu kigo cya Israel gishinzwe iterambere mpuzamahanga, MASHAV.

TAGGED:AmbasaderifeaturedIsraelKaminuzaPerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umupolisi W’Inkoramahano
Next Article Mu Byo Gen Abel Kandiho Yazize Haba Harimo Abanyarwanda?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?