Murenzi Yongeye Gutorerwa Kuyobora FERWACY, Ati: “Igare Rikomeze Rigende Neza”

Ubwo yiyamamarizaga kongera kuyobora Federasiyo y’umukino wo gutwara amagare, Abdallah Murenzi yabwiye abari aho ko natsinda azakora uko ashoboye umukino w’amagare ugakomeza gutera imbere. Ati: “ Muntore imodoka ikomeze igende neza, igare rigende neza kandi mbasezeranyije ko ntazabatenguha.” Ijwi rimwe mu majwi 11 yagombaga kugira rimwe niryo ryabaye impfabusa. Murenzi utorewe kuyobora Manda ya kabiri … Continue reading Murenzi Yongeye Gutorerwa Kuyobora FERWACY, Ati: “Igare Rikomeze Rigende Neza”